Uyu
muhanazi yeretswe ibizaba kubwoko
bwabayuda, bimutera ubwoba ,
1/Yabonye
urusengero rwi iyeruselemu rusenywa,
2/Kujyanwa
bunyago kwabaturage bibuyuda,
3/Gukurwaho ko gusenga nimihango Yose yidini.
Ibi nibyo
byatumye agira ubwoba bituma afata ibihe byo gusenga Imana
Kugirango
arebe ko Imana yahindura imigambi yayo ,
Agerageza
kwereka Imana ko ubwoko bwabayuda ari ubwoko bwayo,
Ko
idakwiriye kwemerako abanyababuroni bagirira Nabi ubwoko bwayo,
Icyo
twamenya nuko Imana itariyobewe ko ari ubwoko bwayo
Icyo Imana
yashakaga nuko bayumvira,
Ariko
abayuda bari barimuye Imana yabakuye mwegiputa bimika ibigigirwamana,
Twibuke ko
Imana yari yarabihanangirije ngo ntibazahindukirire ibigirwamana ,
Ariko bamaze
kugerayo
Bamaze kurya
noguhaga bibagirwa Imana
Nicyo
cyatumye Imana ihishurira habakuki ibizaba kubwoko bwa abayuda.
Nicyo
cyatumye Habakuki akomeza kwinginga Imana ,
Avuga ati
mana hembura umurimo wawe
Kandi
muburakari wibuke kubabarira,
Ariko abantu
Imana ehumbura nuko baba bayumira,
Abayuda bo
bakomeje kwiyumvamo ko ar'ubwiko bwimana itabateza ibyago,
Nkuko
mumatorero nenshi ,usanga abantu bitwaza ko bakijijwe babatijwe mumazi menshi
nabadiyani se nabagabutumwa cg aba pastor bakumvako ibyo bihagije,
Ariko icyo
Imana ishako kubantu bayo nuko bayumvira,
Kumvira
Imana nokwihana nibyo bituma Imana
ishora guhembura itorero,
Kumvira
Imana nibyo bishobora gutuma Imana
yisubiraho igahindu imigambi mibi yari ifitiye ubwoko bwayo,
Rero
mugusenga kwa Habakuki niho yongerewe
imbaraga asobanukirwa ko Imana idakiranirwa mubyo ikora,
Niko kuvuga
ati naho imitini itatoha ninzabibu ntizere imbuto bagahingira ubusa imyerayo
Nimirima
ntiyere imyaka yayo nintama zigashira murugo namashyo akabura mubiraro
ntakabuza nzishimira uwiteka, habakuki 3:17-18;
Peter
naweabantu baje kureba igitangaza kibaye ubwo Bari bagurukije ikirema,
abasonurira abyayesu, bibaza icyo bakora cyabayobeye petero
arababwira ati nuko mwihane muhindukire ibyaha byanyu bihanagurwe ngo iminsi yo
guhemburwa ibone uko iza ituruka kumwami Imana.
Ibyakozwe ni
3:19
Ndangije
mbifuriza guhemburwa mwizina Rya yesu Amen
Umwigisha: Peter minani.
Leave a Comment