
Uwiteka ku manywa yabagendaga imbere ari mu nkingi y’igicu ngo
abayobore, nijoro yabagendaga imbere ari mu nkingi y’umuriro ngo
abamurikire, babone uko bagenda ku manywa na nijoro. (Kuva 13:21).
Witinya kuko Uwiteka Imana abana nawe ibihe byose, azakuyobora kandi akurinde, ushobozwe kunyura neza mubyo uhura nabyo byose.